Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) yatangaje ko u Rwanda rwahawe kwakira ibirori byo gutanga ibihembo by’abakinnyi b’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika
Amakipe atatu yo muri Sudani y'Epfo yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, asaba kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi yatsinzwe na Bafana Bafana yo muri Afurika y'Epfo ibitego 3-0, mu mukino wa 10 ari nawo wa nyuma mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga