Umunyarwandakazi Melissa Akanigi Ishimwe yashyikirijwe impamyabushobozi yo kuba yinjijwe mu banyaduhigo ba 'Guinness World Records' nyuma yo gukina imyobo 18 y’ikibuga cya Golf mu minota 52 gusa
Penaliti Niyigena Clement yahushije yatumye APR FC itsindwa na AS Kigali kuri penaliti 5-4 nyuma y'uko amakipe yombi yari yanganyije 1-1 mu irushanwa ribanziriza shampiyona ryateguwe na APR FC 'APR FC PRE-SEASON Tournament'
Emma Claudine yasobanuye ko gufunga amashuri no gusaba abakozi ba Leta gukorera mu rugo mu gihe cy'irushanwa rya Shampiyona y'Isi y'Amagare, ari mu rwego rwo kubarinda gukora ingendo nini bajya mu bikorwa byabo
Ikipe y’igihugu y'abagabo muri Basketball yari ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Afrobasketball 2025 riri kubera muri Angola, kuva tariki ya 14, yasezerewe nyuma yo gutakaza imikino yose uko ari itatu, ibi bitari byitezwe n’abafana
APR FC yihanangirije ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa gishuti wabaye wo kwizihiza ibirori by’Inkera y’Abahizi byahuje abayobozi, abakinnyi n’abafana b’iyi kipe
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu z'igihugu, APR yatangaje ko imikino yo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League bagombaga gukina yahinduriwe amatariki kubera Shampiyona y'amagare
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga