Umuhanzi David Adeleke benshi bazi nka Davido yageze i Kigali aho yitegura gutaramira Abanyarwanda muri BK Arena ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 5 Ukuboza 2025
Nyuma y'uko amatike yo kwinjira mu gitaramo Davido, azakorera mu mujyi wa Kigali, ashize ku isoko, hategujwe umunsi wa kabiri, uyu muhanzi azahurira n'abakunzi be ibizwi nka 'Meet&Greet"
Umuramyi Richard Nicky Ngendahayo, yatangaje ko mu gitaramo yakorereye mu nyubako ya BK Arena ku mugoroba wok u wa 29 Ugushyingo 2025, abantu 503 bakijijwe.
Richard Nick Ngendahayo ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyyingo 2025, yakoze igitaramo cy'amateka muri BK Arena, nyuma y'imyaka myinsi ataba mu Rwanda .Ngendahayo utifashishije abahanzi
Umunyarwenya akaba n'umukinnyi w'amafilimi, Kevin Hart, yasangije abakunzi be ibihe bidasanzwe yagiriye mu Rwanda ubwo we n'umuryango we basuraga Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga mu Karere ka Musanze
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga