Imyidagaduro

Umuziki uraryoha, umuziki uhuza abantu, umuziki ukiza abantu ariko kandi uru ruvange rw'amajwi y'amagambo atondekanyije mu buryo butandukanye ruryohera abarwumva iyo bibonera imbona nkubone abo bihebeye babasusurutsa mu mbaraga zabo zose
Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain Bacca, yambitse impeta y'urudacayuka umukunzi we, Challia Muzinga, bari mu myiteguro yo kurushinga
Umuhanzi Niyo Bosco yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Ukuboza, mu Murenge wa Kinyinya
Kuwa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza 2025, mu mujyi wa Kigali hari hahiye umugani w'ab'ubu , aho abasore , inkumi, abakuru n'abato bari bateraniye mu nyubako ya BK Arena, mu gitaramo cy' umuhanzi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria, David Adeleke wamamaye nka Davido
Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yakebuye Kasuku wavuze ko atazacika intego zo gutuka abasebya u Rwanda, amusaba kubikora yirinda icyatuma yica amategeko kuko nta nshuti agira.
Nsabimana Didier wamamaye ku izina rya Wa mu nigga, mu mwuga wo kogosha n’ubugeni yasangije imbamutima ze nyuma yo kwisanga ari kogosha icyamamare Davido