Inkuru Nshya

Ese koko umuntu uri kurota avugisha ukuri? 

Ntihakwiye kurebwa ku mukozi gusa ngo umukoresha yirengagizwe: Minisitiri w’Intebe ku mushahara fatizo

Langwida wo mu Runana yitabye Imana

“Nta byacitse ihari, ubuyobozi bw’igihugu buriteguye.”- Minisitiri w’Intebe ku biciro bya peteroli

Nkurayija Ishimwe Jean Hubert ni we mukandida rukumbi wemejwe ku mwanya wa Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umukino w'Amagare (FERWACY), mu matora ategerejwe kuzaba ku wa 31 Gicurasi 2026.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi, abanyeshuri 142 biga mu bigo by'amashuri bitatu bari baherekejwe n'abarezi babo bagiriye urugendoshuri ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru.
Ambasaderi Urujeni Feza Bakuramutsa yashyikirije Papa Leo XIV impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda I Vatican ahita anatangira ku mugaragaro inshingano ze nka Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu.
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagaragaje ko buri Munyarwanda wese akwiye kumva ko amateka yaranze u Rwanda atamureba kuko ari inshingano za buri umwe guharanira ko ibyabaye bitazongera ukundi.
Tariki nk’iyi mu 1994, nibwo hatangiye agahenge k’amasaha 36 nk’umwanzuro wari wafashwe na FPR Inkotanyi ubwo Iqbar Riza wari umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yabasuraga ku Mulindi.
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abakozi 742 b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, ashyira 25 mu kiruhuko cy’izabukuru, yirukana 296 mu gihe batanu yabasubije mu buzima busanzwe.
RSSB Tigers BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya BAL yatsinze FUS de Rabat yo muri Maroc, amanota 95-72 mu mukino ubanza wa 1/4 wabereye muri BK Arena kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2026.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2026, intumwa ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, zirimo na Maj Gen Alex Kagame, Umugaba Mukuru w' Inkeragutabara, bitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo ya Gisirikare y'Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba.
Mu rwego rwo kwirinda ko iki cyorezo kigera mu Rwanda, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kugeza ubu ntamuntu uragaragaraho iki cyorezo ndetze ko hakomeje gufatwa ingamba zinyuranye zo kwirinda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka