Inkuru Nshya

Umuhanzi w'Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Agasaro Tracy yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugabo we bakunze kuririmbana Rene Patrick, amushimira ko Imana yamuzanye mu buzima bwe
Tariki ya 6 Gicurasi 1994 uwari Minisitiri w’Intebe, Jean Kambanda, yavugiye kuri Radio Rwanda maze ashishikariza interahamwe kongera imbaraga mu kwica Abatutsi.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashimiye ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya UEFA Champions League, isezereye Atlético Madrid yo muri Espagne ku giteranyo cy’ibitego 2-1.
Kuri uyu wa Kabiri umuyobozi w'akarere Ka Nyamagabe yatangije ku mugaragaro sisitemu “Mbaza” anasaba abaturage kurushaho kwita ku mibereho myiza
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe imisifurire yahagaritse igihe cy’umwaka umwe, Nsengiyumva Jean Paul wari umusifuzi wa kabiri wo ku ruhande ku mukino wahuje Mukura VS&L yatsinzwemo na Rutsiro ibitego 2-1 ku cyuweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, i Huye kuri Stade Kamena.
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi , Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pon Dat, mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda yifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe w’amavuko  , umuhungu we yise 'Yago Life II '
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Népo Abdallah, yavuze ko mu rubyiruko u Rwanda rufite, bibabaje ndetse bihangayikishije kuba hari abadafite inyota yo gushaka imirimo kandi bafite imbaraga zo gukora.
Umukinnyikazi wa Sinema Nyarwanda, Nyambo Jesca yahishuye uburyo yifatiye uwahoze ari umukunzi we arimo kumuca inyuma aryamanye n’inshuti ye magara.
U Rwanda rwakiriye ku nshuro ya mbere, Inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta n'izindi nzego (Attorneys General PACT Forum 2026), itegurwa ku bufatanye na Banki y’Isi.