Inkuru Nshya

Ni kenshi uzumva abantu bamwe bavuga ngo “Jyewe sinshobora kuva mu rugo mu gitondo ntafashe ifunguro”. Hari n’abahamya ko iryo funguro rya mu gitondo ngo ari ryo rifite akamaro kurusha ayandi umuntu afata ku munsi. Wenda nawe ushobora kuba ariko ubyemera cyangwa ukaba ubyibaza.
Bamwe mu batuye mu mirenge itandukanye irimo uwa Cyinzuzi, Murambi na Masoro yo mu karere ka Rulindo mu ntara y'Amajyaruguru,baratabaza basaba inzego zibishinzwe guhagurukira amatsinda y’abagizi ba nabi yashibutse ku bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, by’umwihariko abiyita wrong turn baherutse no kwica abantu babiri babasanze mu isantere.
Mu Ishuri Rikuru ry’Ingabo z’u Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze hatangiye amahungurwa ku micungire y’urwego rw’Ingabo yitabiriwe naba Ofisiye bakuru bo mu nzego z’umutekano zitandukanye zo mu Rwanda
Muri iyi nkuru, turagaruka ku bayobozi batanu bamaze kuyobora Minisiteri nyinshi mu Rwanda, abo ni Dr. Vincent Biruta, James Musoni, Dr. Jeanne d'Arc Mujawamariya, Dr. Charles Murigande na Dr. Valentine Uwamariya.
Komisiyo ya Sena y'Ubukungu n'Imari yatangiye igikorwa cyo kugenzura ibikorwa bya Guverinoma mu kugeza amashanyarazi ku baturage, hagamijwe gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kwegereza amashanyarazi abaturage igeze.
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko imirimo yo kubaka uruganda rutunganya imyanda n'ikimoteri rusange ruherereye mu Karere ka Musanze, igeze ku kigero cya 80%.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Nyakanga 2026, ikipe ya APR FC yakoze igikorwa cyo gupima abakinnyi bayo ibipimo bitandukanye by'ubuzima nk'uko bisanzwe bikorwa mbere y'uko umwaka w'imikino utangira ku bitaro bikuru bya Gisirikare i Kanombe.
Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Mutwe w’Abadepite iri mu ngendo mu gihugu hagamijwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa rya Politiki y’Igihugu yo Kwegereza Ubuyobozi n’Ubushobozi Abaturage yo mu 2021.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ko n'ubwo imikoranire ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yari ifitanye n'u Rwanda binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda yarangiye, ariko iyi kipe izafasha u Rwanda mu kubaka ibibuga bitatu (3) by'umupira w'amaguru.