Ikipe ya Police FC yasezereye Rayon Sports muri 1/2 mu irushanwa ry’igikombe kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, iyitsinze kuri penaliti 4-2 nyuma y’uko amakipe yombi yari yanganyaije 0-0 mu mikino 90 isanzwe y’umukino.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2026 Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi babiri barimo Sahr Kpundeh usoje inshingano zo guhagararira Banki y’Isi mu Rwanda na Julie Crowley usoje izo guhagararira Canada bagirana ibiganiro.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, yatangaje ko hakozwe amoko atandatu mashya ya kawa yitezweho kuzamura umusaruro ushiobora kugera kuri toni ziri hagati y’eshanu na zirindwi kuri hegitari.
Ikipe ya Kiyovu Sports yageze ku mukino wa nyuma w'igikombe kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, nyuma yo gusezerera Mukura VS&L muri 1/2 iyitsinze igitego 1-0.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga