Inkuru Nshya

Ese koko umuntu uri kurota avugisha ukuri? 

Ntihakwiye kurebwa ku mukozi gusa ngo umukoresha yirengagizwe: Minisitiri w’Intebe ku mushahara fatizo

Langwida wo mu Runana yitabye Imana

“Nta byacitse ihari, ubuyobozi bw’igihugu buriteguye.”- Minisitiri w’Intebe ku biciro bya peteroli

Kuri iki Cyumweru Inzego z’umutekano z'u Rwanda (RSF) zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado zakinnye umukino wa gicuti w’umupira w’amaguru n’urubyiruko rwo mu Karere ka Mocímboa da Praia.
Perezida w’Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yatangaje ko amakipe ya Kiyovu Sports na Police FC, ashobora kwiyongera kuri APR FC na Rayon Sports mu makipe yo mu Rwanda azakina CECAFA Kagame Cup 2026. 
Nkurayija Ishimwe Jean Hubert wari Umuhuzabikorwa wa Tour du Rwanda yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY).
Muri raporo yashyikirijwe tariki ya 31 Gicurasi 1994 Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye, niho hagaragajwe ku nshuro ya mbere ku mugaragaro ko mu Rwanda hakozwe Jenoside. 
Lt Col Gaspard Harerimana,umuyobozi mukuru ushinzwe ikoranabuhanga muri Minisiteri y’ingabo, yavuze ko nyuma yo kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahise agirana igihango n’Inkotanyi, afata icyemezo cyo kuzajya mu gisirikare anaboneraho gusaba urubyiruko na rwo kugirana igihango n'igihugu.
Madamu Jeannette Kagame yafunguye Inzu y’Amateka 'Ntarama Genocide Memorial Gallery', Inzu y’Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi iri ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera.
Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana,mu kiganiro cy’amateka yahaye abitabiriye ihuriro ngarukamwaka ry’urubyiruko ryiswe ‘Igihango cy’Urungano’,yagagaraje ko amahanga yari azi itegurwa rya Jenoside ariko ntatabare.
Kuri uyu wa Gatandatu Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abarenga 2000 bitabiriye Ihuriro ry’urubyiruko, igihango cy’urungano, ryabereye ku Intare Conference Arena, mu Mujyi wa Kigali.
Nyuma y'uko bimaze kugaragara ko mu bice bitandukanye by'igihugu iyo imodoka ikoze impanuka usanga hari bamwe mu baturage bihutira kujya kwiba ibintu biri muri izo modoka,Polisi y'u Rwanda yatanze ubutumwa buburira abishora muri ibi bikorwa.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka