Inkuru Nshya

Nyuma y’iminsi icumi hasinywe amasezerano hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Kinshasa) n’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23)iri huriro rirashinja leta kutubahiriza ibyo yiyemeje kurekura imfungwa zaryo.
Mu rwego rwo gusigasira amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi by'umwihariko mu gice cy’Amayaga mu ntara y'Amajyepfo,ihuriro ry’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mayaga AGSF mu karere ka Ruhango ryishimira ko huzuye inzu izashyirwamo aya mateka abazajya bayisura bakabasha kumenya amateka y’ukuri banareba ibimenyetso
Minisitiri w’Ikoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo, Ingabire Paula, yavuze ko hari gusuzumwa ishyirwaho ry'itegeko rikumira abana bari munsi y'imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Minisiteri y'Ibikorwaremezo yatangaje ko bitarenze amezi abiri mu Rwanda hose hazaba hamaze gushyirwa sitasiyo zicomeka ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi.
Kuri iyi tariki Perezida Sindikubwabo Theodore yasubiye i Butare avuga ko agiye mu bugenzunzi ngo arebe ko abanya-Butare bari gukora neza akazi yabasabye ko kwica Abatutsi.
Perezida Kagame yitabiriye umukino wa ½ cya UEFA Champions League wabereye kuri Stade ya Parc des Princes i Paris
Ikigo gikwirakwiza kikanacuruza internet ishingiye ku muyoboro wa ‘fibre optique’ mu Rwanda, CanalBox-Rwanda cyiseguye Ku bakiriya bacyo kibizeza service inoze.
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta mu itangazamakuru ry'imyidagduro mu Rwanda, kuri ubu urimo kugororerwa mu Igororero rya Nyarugenge yatangaje byinshi ku buzima bwe muri iki gihe arimo kugororwa ndetse anavuga k'uruganda rw'Umuziki wo mu Rwanda akurikiranira hafi n'ubwo akiri kugororwa.