Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe, yagaragaje ibyishimo n’ishimwe ku ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Léopards, nyuma yo kubona itike yo kwitabira Igikombe cy’Isi cya 2026
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington tariki ya 04 Ukuboza 2025 ridakwiye kuguma mu magambo, rigomba guherekezwa n’ibikorwa bifatika bigamije kugarura umutekano urambye mu Karere
Umuhanzi Diez Dola uri mu bahagaze neza mu muziki Nyarwanda wo muri iyi minsi, ari mu byishimo nyuma y’uko indirimbo ye nshya “Extra Stamina’ , ikoze agahigo ko kurebwa n’abarenga miliyoni imwe mu minsi 12 yonyine.
U Rwanda rwafunguye icyicaro cya Ambasade yaryo ya mbere muri Algeria, intambwe ikomeye mu gushimangira umubano w’ibihugu byombi no gushyigikira gahunda ya 2063 y’Umuryango wa Afurika
Inteko Ishinga Ametegeko umutwe w’Abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba Minisitiri w’Intebe kuyigaragariza bitarenze amezi atandatu uburyo buhamye bwo gufata amazi y’imvura yangiza ibikorwaremezo n’imitungo y’abaturage.
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Yolande Makolo, yashimiye Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma yo kubona itike yo kwitabira Igikombe cy’Isi cya 2026
Ishyirahamwe ry’Abakiniye Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ (FAPA) ryagaraje ko ryababajwe cyane ni byabaye ku bakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi, Djihad Bizimana na Manzi Thierry aho bangiwe kujyana n’abana babo mu kibuga kwishimana.
Umunyamakuru ukorera kuri Youtube, Niyigaba Clement uzwi cyane nka DC Clement yatawe muri yombi akurikiranyweho kwangiza ikintu cy'undi no kurwanya ububasha bw'amategeko
Banki ya BPR Plc, ibinyujije muri gahunda yayo ya #BPRIkamba, yashyize umukono ku masezerano y’imikoranire na Volkswagen Rwanda agamije gushyigikira abagore batwara imodoka mu rugendo rwo kwigira no kwiyubakira ubushobozi bwo gutunga imodoka zabo bwite