Inkuru Nshya

Mu gusoza urugendoshuri ku mateka y’Urugamba rwo Kubohora igihugu rwakozwe na RPA, abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya RDF bagiranye ikiganiro n’abayobozi bakuru ba gisirikare ku cyicaro gikuru cya RDF i Kimihurura, bagamije kurushaho gusobanukirwa amateka yo kubohora u Rwanda.
Kuri iyi tariki yishwe Abatutsi ku maparuwasi atandaukanye mu gihugu ndetse ni bwo hishwe Abatutsi bari bahungiye kuri ISAR Rubona.
Umuhanzikazi Clarisse Karasira yavuze ibigwi umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie wahetuye amasomo ya kabiri y'icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n'icungamutungo kuri ubu akaba agiye gushaka Impamyabumenyi y'Ikirenga 'PHD'.
Abasesenguzi n’abatuye Umujyi wa kigali basanga gahunda ya Leta yo gushishikariza abantu kuyoboka bisi ari nziza ariko bagashimangira ko hakwiye gutekerezawa uburyo abantu bagenda neza by'umwihariko kugenda badahagaze, bakabona imbogamizi mu kuba hari abatuye aho zitanagera.
Ahagiye kubakwa inzu zigezweho zo guturamo mu Mujyi wa Kigali mu mushinga wiswe Sahara Residence, hashyizweho ibuye ry’ifatizo, ahitezwe inyubako ifite ibyumba bisaga 110 byo guturamo no gukoreramo.
Ikipe ya APR FC yanyagiye Mukura Victory Sports et Loisirs ibitego bitatu ku busa, ihita iguma ku mwanya wa kabiri ishikamye gusa na none itanga ubutumwa ku mukeba Rayon Sports FC ko itaje yitonze ishobora kwandagazwa, mu mukino uzaba tariki ya 02 Gicurasi 2026.
Minisitiri Bizimana Jean Damascene yagaragaje ko iyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro ari imwe mu ho Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranwe ubukana n’uburemere buhambaye, aho Akarere ka Nyamagabe kari ku mwanya wa kabiri nyuma ya Karongi mu kugira imiryango myinshi yishwe ikazima
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yifatanyije n'abaturage batuye mu Karere ka Gicumbi mu gikorwa cy'Umuganda usoza ukwezi kwa Mata, aho hakozwe ibikorwa birimo gutunganya uturima tw’igikoni, gutera imboga, n'ibindi bigamije kuzamura imibereho myiza y'abaturage
Umuturage wo mu murenge wa Mwendo ho mu karere ka Ruhango mu ntara y'Amajyepfo, yagwiriwe n'urukuta rw'ishuri ahasiga ubuzima,ubwo hari mu gikorwa cy'umuganda rusange kuri uyu wa Gatandatu.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka