Inkuru Nshya

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'Ihuriro rya AFC/M23, bashyize umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ryo guhagarika imirwano
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye inama y'Akanama Ngishwanama k'Umukuru w'Igihugu, PAC, yahuriyemo n'impuguke z’Abanyarwanda n’abanyamahanga mu kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Dr. Frank Habineza, na Nkubana Alphonse wo mu ishyaka PSP ,kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira batorewe kuba abasenateri.
Ikipe y'abakiri bato igizwe n’abakinnyi b'u Rwanda 10 berekeje mu Budage aho bitabiriye irushanwa mpuzamahanga rya FC Bayern Youth Cup 2025
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ryasubiye mu biganiro byibanda kurebera hamwe uko imirwano uyu mutwe umazemo igihe n’ingabo za Leta ,FARDC, n’umutwe wa Wazalendo yahagarara.
Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Kinshasa rumukatiye urwo gupfa, yatumije inama y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.
Polisi y'Igihugu yatangaje ko umuhanda Kigali-Muhanga wongeye kuba Nyabagendwa.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika mu nshingano Umutoza Mukuru Afhamia Lotfi ndetse n'Umutoza wungirije wa kabiri, Azzouz Lotfi
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A Cham uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda giherereye ku Kimihurura
Perezida Kagame watangije gahunda yo gutera inkunga urwego rw'ubuzima mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yakiriye Komiseri wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe ishinzwe Ubuzima, Amb. Amma Twum-Amoah ndetse n'Umuyobozi Mukuru w'Ikigo Nyafurika kigenzura Ubuziranenge bw’Imiti, AMA, Dr. Delese Mimi Darko