Inkuru Nshya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahaye ubutumwa mugenzi we wa RDCongo nyuma yo kongera kwegeka ibibazo by’icyo gihugu ku Rwanda.
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, yasabye ko yahuza imbaraga na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bagasaba umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe guhagarika imirwano, ngo kuko iri gutwara ubuzima bw’abasivili benshi.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo witwa Sabato Mupenzi, ashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, ari i Buruseri mu Bubiligi aho yitabiriye inama Mpuzamahanga ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, yiga ibijyanye n'ishoramari
Perezida Paul Kagame yakiriye Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Massad Boulos, baganira ku bikorwa bigamije kwimakaza amahoro n’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w'Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n'Akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda (TIR), yitabye Imana azize uburwayi
U Rwanda rwasinyanye amasezerano atandukanye mu by'ubucuruzi na Jordanie  agamije ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
Umuhanzi Intore Masamba, umunyamakuru Uwizeyimana Sylvestre benshi bazi nka Wasili n'Umuvugizi w’Abafana ba APR FC, Mugisha Frank uzwi nka Jaguani batumiwe mu Iseka Rusange rya Gen-Z Comedy
Itsinda ry’Urubyiruko rubarizwa mu Muryango w’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, rwasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), basobanurirwa intambwe u Rwanda rumaze gutera mu bumwe, ubwiyunge n’iterambere

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka