Inkuru Nshya

Abagenzi bakoresha ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, giherereye i Kanombe, bashimiwe, bagenerwa impano zitandukanye mu rwego rwo kwizihiza icyumweru cyahariwe gutanga serivisi nziza .
U Rwanda na Guverinoma y'u Budage basinye amasezerano yo guteza imbere gahunda zigamije gufasha abaturage kwiteza imbere no kuva mu bukene ya Miliyoni 18 z’Amayero asaga miliyari 30,5 Frw
Mu mpera z’icyumweru gishize, tariki 05 Ukwakira 2025, rutahizamu w’ikipe ya APR FC ndetse n’ikipe y’Igihugu “AMAVUBI” , Mugisha Gilbert uzwi cyane ku izina "Barafinda" yakoze ubukwe n’umukunzi we Mpinganzima Josephine.
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda
Abakinnyi babiri ba APR FC barimo umunya-Ghana, Dauda Seidu Yussif ndetse n'umunya Maurtania, Mamadou Sy, bashobora guhanwa bikomeye n’ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC nyuma y'uko bitwikiriye ijoro bagatoroka kuri Hotel bari bacumbitsemo mu Misiri
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko gahunda yo gushinganisha ibihingwa n’amatungo igeze ku kigero gishimishije aho abahinzi n’aborozi barenga ibihumbi 300 bamaze kugana gahunda y’ubwishingizi.