Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François‑Xavier, ari i Genève mu Busuwisi aho ahagarariye u Rwanda mu Nama Mpuzamahanga y’Abaperezida b’Inteko Ishinga Amategeko, ibaye ku nshuro ya gatandatu
Abasenateri ba Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere bari mu gikorwa cyo kugenzura uko imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda yubahiriza amategeko mu mikorere yayo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imikorere y’inzego z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), yatangaje ko yinjiye mu kibazo gikomeje kwisubiramo mu mitangire ya serivisi za MTN
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga