Mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza hari abagabo babiri batawe muri yombi bakekwaho kwica banize umugore wari indaya aho bikekwa ko bari bamuguze apfira iwe ari naho umurambo wasanzwe
Abahanga mu by’imitekerereze bo mu Rwanda, U Burundi na RDC , basanga ibibazo by’umutekano byakunze kuranga akarere, bikomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza ibibazo byo mu mutwe
Umunyamakuru Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali