Inkuru Nshya

Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi ba The Wood Foundation

Abadepite bemeje amasezerano y’inguzanyo ya miliyari 43 Frw yo kunoza ingendo mu mijyi 

U Rwanda ruri gushaka ingamba zo kurushaho kunoza imibereho y’abagore n’abana bafunze

Ubucuruzi hagati y’ibihugu bigize EAC bwiyongereyeho 28% mu 2025/26

APR FC yanganyije na Al Merreik 0-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye muri Stade Amahoro.
Minisitiri w'Urubyiruko n'iterambere ry'Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yatangaje ko urubyiruko rugaragaza ko rufite ubushobozi bucye, rudakwiye guhutazwa cyangwa ngo ruterwe imijugujugu ku mbuga nkoranyambaga.
Mu Karere ka Musanze, kuva ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, abaturage bagera ku 1000, bazindukiye mu Murenge wa Gataraga , kureba ibyo bita "Amabonekera" ya bikiramariya na Yezu.
François Bazaramba, wari warahamijwe ibyaha bya Jenoside, yapfiriye muri Finland muri Gereza ya Kerava aho yari afungiye.
Al Hilal Omdourman yanyagiye Rayon Sports FC ibitego 4-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa shampiyona y'u Rwanda .
Perezida Kagame ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, yagiranye ibiganiro na Dr. Sidi Ould Tah, Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere,BAD.
Polisi yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba Hoteli Urubuto yahoze yitwa Dayenu yo mu Karere ka Nyanza, kugirango babazwe iby'urupfu rw'umusekirite wabo wapfiriye muri piscine y'iyi Hoteli.
Sena y'u Rwanda yatangaje ko igiye gukora igikorwa cyo gusura abaturage mu Gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka