Inkuru Nshya

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yasuye ahari kubakwa urugomero rwa Nyabarongo ya II, rwitezweho gutanga amashanyarazi agera kuri megawati 43,5
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibikorwa biyobowe n’Abanyafurika bishingiye ku bufatanye, ubunyamwuga no gutabarana mu gihe gikwiye bigenda bigaragaza umusaruro ufatika
Umuyobozi w'Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, wari mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu Rwanda yatangaje ko ashima umuhate w'u Rwanda mu gushyigikira ibikorwa by'amahoro mu Karere ka Afurika y'Uburasirazuba
Itsinda ryatutse mu ikipe ya Atlético de Madrid, riyobowe n'umuyobozi ushinzwe ibijyanye n'ubufatanye, Guillermo Alonso Álvarez, ryasuye u Rwanda, mu ruzinduko rugamije ubufatanye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot n’itsinda bazanye mu Rwanda, basuye urwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye
Urukiko rwa Texas rwategetse ko Ishimwe Dieudonne benshi bazi nka Prince Kid watorotse ubutabera bwo mu Rwanda agafatirwa muri Amerika, yoherezwa akaza gukora igihano cye
Perezida Paul Kagame yatembereje mu rwuri rwe, ruherereye Kibugabuga, Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani ndetse amugabira inka z’Inyambo
REG yatarangaje ko hakomeje gushyirwa imbaraga mu kongera amashanyarazi akomoka ku ngufu zisubira, bizatuma amashanyarazi agera kuri benshi ndetse bikanabungabunga ibidukikije
Umuhanzi Ngabo Medard benshi bazi nka 'Meddy', kuri ubu usigaye yariyeguriye kuririmbira Imana yakeje Richard Nick Ngendahayo ufite igitaramo gikomeye ategerejwemo muri BK Arena

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka