Inkuru Nshya

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryashyikirije komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR) abasirikare barenga 5,000 b’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiwe mu mirwano ibera mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Abahanga  mu by’imitekerereze bo mu Rwanda, U Burundi na RDC , basanga ibibazo by’umutekano byakunze kuranga akarere, bikomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza ibibazo byo mu mutwe
Ikipe ya As Kigali yatangaje  Kalisa Rashid nk’umukinnyi mushya wayo mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda.
Umunyamakuru  Aime Beaute Mushashi, n’umukunzi we Francis Nyamaswa berekanywe ku mugaragaro mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church, ruherereye i Masoro mu Mujyi wa Kigali
Polisi y'Igihugu, Ingabo z’u Rwanda n’abafatanyabikorwa, batangiye ibikorwa bigamije kuzamura imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage.
ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw' amahoro (RWABGVIII) zikorera muri MINUSCA, i Bria muri Repubulika ya Centrafrique, uyu munsi zifatanyije n’izindi ngabo zo mu bindi bihugu ziri mu butumwa bw’amahoro hamwe n’abaturage bo mu Mujyi wa Bria kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore wa 2026.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yifurije Abagore Umunsi mwiza wabo, abashimira uruhare bakomeje kugaragaza mu iterambere ry'Igihugu.
Rayon Sports na APR FC, zombi zavanye i Rubavu inota rimwe, rimwe mu mikino y'umunsi wa 23 wa shampiyona y'u Rwanda.
Kuri gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 8 Werurwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasezeye kuri Dr. Ozonnia Ojielo .
Abanyarwanda batuye mu Majyaruguru y’Uburayi , bari muri Suède na Denmark , bifatanyije n’isi yose mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w'umugore.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka