Inkuru Nshya

IShowSpeed, icyamamare cyahinduriwe ubuzima n'imbuga nkoranyambaga, uri mu Rwanda, yatangariye Umujyi Kigali, ubwo yasangiraga akanerekwa urukundo n'Abanyarwanda.
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yageze mu Rwanda mu ijoro rishyira ku wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2026, mu rugendo akomeje rwo gusura bimwe mu bihugu bya Afurika
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025, yasize mu Ntara y’Iburasirazuba habereye impanuka 14, abantu batatu bakahasiga ubuzima.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamuritse ikirango (Logo) cya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore yitwa Rwanda Women Super League (RWSL)
Mu karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Muatarama 2026, abagize Koperative COTTRARU y’abantu bafite ubumuga ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, yatashye inzu y'ubucuruzi ifite agaciro ka Miliyoni 118.
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, yibukije abakoresha umuhanda ko ari igikorwaremezo gikwiye gufatwa neza, abasaba kubahiriza amategeko awugenga mu rwego rwo gusigasira iterambere, amahoro n'umutekano
Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo umukino w’ishiraniro w’amakipe ahangana kurusha ayandi mu rw’imisozi igihumbi ngo ube.