Inkuru Nshya

Abanyamuryango b’Itsinda ‘Tuzamurane Byimana’ bakora ubworozi bw’inkoko bwa kijyambere bavuga ko umusaruro w’amagi babukuramo wababereye igisubizo gikomeye mu kurwanya imirire mibi mu Murenge wa Byimana, wo mu Karere ka Ruhango
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya, Gen Charles Muriu KAHARIRI, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva tariki ya 4 -7 Ugushyingo 2025.
Abantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke batawe muri yombi, bakekwaho kunyereza kawunga yatanzwe muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku mashuri ‘school feeding’.
ACP Boniface Rutikanga, yakebuye urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge by'umwihariko abahanzi ndetse agenera ubutumwa abirara bakanywera ibiyobyabwenge hanze y'Igihugu, ko bitazakuraho kubapima bageze mu Rwanda
Umunyamakuru Jean Pierre Kagabo wari umaze imyaka irenga 22 akorera Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA, yasezeye bagenzi be n’ikigo yakoreraga.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu batandukanye bakurikiranyweho ubujura bw’ibitabo bitangwa mu mashuri n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ndetse n’ibiribwa bigenewe abanyeshuri.
Mu karere ka Kirehe, mu Ntara y’Iburasirazuba, hatangijwe imirimo yo kuvugurura Ikigo Nderabuzima cya Nyarubuye, ‘Medicalized Health Centre’, kizuzura gitwaye arenga miliyari 6 Frw.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo batanu, bakurikiranyweho kwangiza ibikorwaremezo by’amashanyarazi bakiba insiga zikwirakwiza umuriro mu baturage.
Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yatangaje ko hafashwe ingamba ko nta kipe y’igihugu izongera gusohoka igiye kuba “ingwizamurongo”.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO) ryafashe icyemezo cyo guhagarika burundu abatoza bane,ndetse rihanisha bamwe mu bakinnyi ibihano bikomeye.