Inkuru Nshya

Urukiko rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo, rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo, rutegeka ko abasirikare bo bareganwa na bo bafungwa by’agateganyo
Rwiyemezamirimo Malik Shaffy n'umugore we Umutoni Nadia usanzwe ari umunyamakuru wa RBA, batangaje ko urugendo rwabo rw'urukundo rwatangiye ubwo bakoranaga mu myaka ya za 2011
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, aragirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rw’iminsi ibiri , rugamije kwagura umubano n'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi.
Murandasi, ubu imaze kumenyerwa nk’igikoresho cy’ingenzi mu buzima bwa buri munsi, imaze imyaka isaga 60 kuva ishyizweho mu 1969
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mozambique, Amb. Maria Manuela dos Santos Lucas.
Abahanzi bahize abandi mu irushanwa ry’abanyempano rya ArtRwanda-Ubuhanzi, mu cyiciro cy’abatsinze iri rushanwa mu mu byiciro bitatu biheruka, All Stars Edition, bahembwe Miliyoni 100Frw
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa z’inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziturutse mu mitwe yombi y’ishyaka ry’Abademokarate n’iry’Abarepubulikani
Shema Ngoga Fabrice uri kwiyamamariza kuyobora Federasiyo y'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yatangaje ko naramuka atorewe uyu mwanya, atanze uburenganzira bw'uko amafaranga agenerwa na CAF yazakoreshwa mu kuzamura impano z'abato mu mupira
Abakiriye agakiza ni bo baririmba bati “Mana ukura ku cyavu ukicazanya n’Ibikomangangoma" bagakomeza ngo "Nta wakwiringiye ngo akorwe n’isoni cyangwa yikorere amaboko." Birashimisha kubona uwavuye ku cyavu uyu munsi akaba yaratewe iteka imibereho ye igahinduka

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka