Inkuru Nshya

Abanyeshuri ba NIPSS ryo muri Nigeria basuye Polisi y’u Rwanda (RNP) mu rwego rwo kungurana ibitekerezo ku buryo umutekano uhamye wagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’ubuhinzi
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu mwaka wa 2028 hazashyirwaho Pariki y’Igihugu yihariye y'ibirwa, izaba irimo ibyo mu Kiyaga cya Kivu n’ibindi biri mu turere nka Bugesera.
RwandAir yahembwe nka sosiyete nziza ikora ingendo z’indege muri Afurika mu mwaka wa 2025.
Banki Nkuru y'Igihugu, BNR, yashyizeho ibihano bikakaye ku bantu ku giti cyabo n'ibigo bigena ibiciro by'ibicuruzwa na serivisi ndetse n'abacuruza mu madovize nta burenganzira.
Inteko Rusange ya Sena yashimye ko ibitekerezo byatanzwe n'Abasenateri byitaweho, harimo kongera ingengo y'imari igenewe ubuhinzi, guhanga imirimo mu rubyiruko, ndetse no gufasha uturere tukigaragaramo ubukene bukabije.
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko iyi kipe isigaje kwinjizamo abakinnyi babiri b'abanyamahanga baza basanga Umugande Ronald Ssekiganda