Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu mwaka wa 2028 hazashyirwaho Pariki y’Igihugu yihariye y'ibirwa, izaba irimo ibyo mu Kiyaga cya Kivu n’ibindi biri mu turere nka Bugesera.
Banki Nkuru y'Igihugu, BNR, yashyizeho ibihano bikakaye ku bantu ku giti cyabo n'ibigo bigena ibiciro by'ibicuruzwa na serivisi ndetse n'abacuruza mu madovize nta burenganzira.
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko iyi kipe isigaje kwinjizamo abakinnyi babiri b'abanyamahanga baza basanga Umugande Ronald Ssekiganda
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga