Minisitiri w'intebe, Dr Nsengiyumva Justin , yageze i Addis Ababa muri Ethiopia , aho yahagararira Perezida Kagame mu nama ya 39 isanzwe y'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda UPDF, General Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko mu mu bihe bya vuba azasura u Rwanda n'Abanyarwanda, agaragaza urukumbuzi n'ubwuzu abafitiye.
Junior Rumaga yatangaje ko ageze kure imyiteguro y’ibitaramo by’iserukiramuco ry'ubusizi n'ubuhanzi yise 'Siga Art Festival' azatangirira mu Karere ka Huye
Umusore wo mu Mujyi wa Kigali, yatekeye umutwe umukobwa bakundana , amubeshya ko afite aho bazaba nyuma yo gukora ubukwe , bajya kurazwa ku biro by’Akagari ka Rwampara bagifite n’ibirongoranwa byabo.
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko kugira ngo ikibazo cy’imiturire n’amacumbi ari ku giciro gihanitse mu Rwanda cyane cyane mu mujyi wa Kigali gikemuke, hakenewe ko hubakwa inzu ziri hagati y’ibihumbi 10 na 20 buri mwaka
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga