Inkuru Nshya

Police FC itagifitanye ubucuti n’intsinzi yaguye miswi na Musanze FC

Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wirahira rya Guelleh wa Djibouti

U Rwanda rugiye gufasha ibihugu 18 bya Afurika gusuzuma ibirango by’ubuziranenge

Impamvu ibiciro by’ibirayi bikomeza gutumbagira kandi umusaruro wabyo wiyongera buri mwaka

Urwego Rushinzwe Gutegura shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu bagabo, Rwanda Premier League, rwatangiye gutanga ibihembo ruherye ku mufana.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Isanzure mu Rwanda, Space Agency, cyasinyanye amasezerano n’Ikigo Nyafurika Gishinzwe guhangana n’ibiza, African Risk Capacity,yitezweho kuzafasha mu rwego rw’ubuhinzi mu guhangana n’ingaruka z’ibiza.
Ihuriro Nyarwanda ry’Urubyiruko rukora Ubuhinzi n’Ubworozi (RYAF) ryasinye amasezerano n’Umuryango Mpuzamahanga GAIN Rwanda (Global Alliance for Improved Nutrition) agamije kurwanya imirire mibi mu Rwanda
Bijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko imibanire y’u Rwanda n’amahanga ihagaze neza, yongera gushimangira ko ibibazo by'umutekano wa RDC bizakemurwa n'ibiganiro ndetse yamagana umwanzuro wa EU kuri Ingabire Victoire
Depite Muzana Alice wo mu Ishyaka rya PSD yatorewe kuba Umuvugizi w'Ihuriro Nyungurabitekerezo ry'Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda, naho Nsengiyumva Dieudonné wo mu ishyaka rya PPC agirwa Umuvugizi Wungirije w’iri huriro

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka