Inkuru Nshya

Ibyo wamenya kuri Gen Mubarakh wujuje imyaka 59 y’amavuko

Niyonkuru Samuel na Valentine Nzayisenga begukanye Shampiyona y’Igihugu y’Amagare ya 2026

Abantu 53.426 bahamijwe Jenoside bari guhanishwa igihano cy’urupfu – Minisitiri Bizimana

Minisitiri Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu kwizihiza imyaka 66 y’ubwigenge bwa Madagascar

Itorero Inganzo Ngari ryaraye risusurukije Abanyarwanda mu gitaramo cy'umunsi mukuru w'Umuganuro, aho hizihizwaga urugendo n'intambwe u Rwanda rwateye kuva ku gihe cy’ubukoloni kugeza uyu munsi ku gihugu cy'ubumwe n’amajyambere
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda muri Basketball yegukanye Shampiyona ya Giants of Africa nyuma yo gutsinda iya Sénégal amanota 27-24 mu mukino wa nyuma w'iri rushanwa
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye amagambo adafite ishingiro yavuzwe n’Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kamerhe Lwa Kanyingini Vital, mu nama mpuzamahanga ya 6 y’Abavugizi b’Inteko z’Ibihugu, yabereye i Genève, mu Busuwisi, ku wa 30 Nyakanga 2025
Protais Mitali, wabaye Minisitiri mu Rwanda ndetse n’Ambasaderi, yitabye Imana mu Bubiligi aho yari amaze imyaka isaga 10 atuye
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangiye ku mugaragaro icyiciro cy’igerageza (Proof of Concept) ry’ifaranga ry’ikoranabuhanga rizashyirwa hanze na Banki Nkuru, rizwi nka Central Bank Digital Currency (CBDC).
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi wa Uganda, Matia Kasaija, umaze kumenyerwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo bwihariye atangamo imbwirwaruhame atera urwenya, ari mu Rwanda mu butumwa bw’akazi
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique, yavuze ko Umuganura utagishingiye ku buhinzi n'ubworozi gusa ahubwo wubakiye ku bikorwa by'iterambere ry'Igihugu

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka