Inkuru Nshya

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique, yaganiriye n’abakozi ndetse n’abayobozi b’agateganyo b'Akarere ka Kayonza, abasaba gushyira imbere imitangire myiza ya serivisi nyuma y'uko hari abaherutse kwirukanwa babizira
Minisitiri w'Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yahuye na Perezida wa Côte d'Ivoire, Alassane Ouattara, amugeza ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida w'u Rwanda Paul Kagame
Minisitiri w’Ubutabera akaba n'Intumwa Nkuru ya Leta, Ugirashebuja Emmanuel, yahamagariye urubyiruko kuba kw'isonga mu rugamba rwo kurwanya ruswa, asaba na buri wese kuba umurinzi w’ubunyangamugayo
Leta y'u Burundi yashimangiye ko ingabo zayo ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zidateganya kuhava kuko zitarasoza inshingano zazo.
Abana barenga miliyoni enye bafatira ifunguro rya saa sita ku ishuri binyuze muri porogaramu yo kugaburira abana ku ishuri yatangijwe mu 2019, kandi ikomeje kongerwamo ingengo y’imari hagamijwe kuzamura imibereho n’imyigire myiza y’abana
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yibukije abaturage ko serivisi nziza ari uburenganzira bwabo asaba Abayobozi b'inzego z'ibanze ko gushyira iterambere ry'umuturage ku isonga. 
Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Mukura Victory Sports ibitego 2-0 mu mukino wayo wa gatatu muri Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 10.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka