Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa 20 Ukwakira 2025 rwaburanishije urubanza rwajuririwe n’uwahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ishinzwe gucunga ibiza,MIDIMAR,ubu yabaye Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Antoine Ruvebana, uregwa icyaha cyo gusambanya umwana, akaza guhanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 10.