Inkuru Nshya

Mu mitoma myinshi, Anne Niwemwiza yifurije isabukuru nziza umugabo we Martin Nyilijabo

Volleyball: APR yatsikiye, Police, Kepler na REG zitwara neza: Umunsi wa nyuma w’amatsinda ya Shampiyona Nyafurika 

MINAGRI yasabye abahinzi kugabanya ingano y’umusaruro wangirika utagera mu buhunikiro

Aguka Youth Fund yagarutse : Amahirwe agamije gushyigikira imishinga y’urubyiruko n’abahanzi

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cya Muganga Chantal aregamo Dr. Nsabimana Ernest wahoze ari Minisitiri w'Ibikorwaremezo, kumubeshya urukundo bikamuviramo ibikomere ,nta shingiro gifite
Igisirikare cy’u Rwanda,RDF , cyatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025,igipolisi cy’Uburundi, cyataye muri yombi umusirikare w’u Rwanda witwa St Sadiki Emmanuel , usanzwe ari umushoferi mu ngabo z'u Rwanda.
Umunyarwandakazi  umenyerewe mu kuvanga imiziki mu gihugu cya Uganda  Uwase Alisha umenyerewe cyane ku izina  rya  DJ Alisha
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,Amb Olivier Nduhungirehe, yasabye Umuryango w’Abibumbye (UN) kugira uruhare rufatika mu guhangana n’ivangura, urwango n’ibimenyetso byerekana ibyaha byibasiye inyo kumuntu mu Karere k’Ibiyaga Bigari
 Minisitiri w’Ibidukikije w’u Rwanda, Dr. Arakwiye, yagaragaje ko hakenewe ubufatanye mu guhangana n’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere n’ikoreshwa rya pulasitiki.
Ikipe ya Australia yegukanye gusiganwa n'igihe kw'amakipe ku munsi wa kane wa Shampiyona y'Isi y'Amagare, irusha u Rwanda iminota 8 n'amasegonda 38
Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko gahunda yabo ari ugukuraho perezida Felix Tshisekedi,aha inkwenene Tshisekedi ushukisha Perezida Donald Trump amabuye kandi nta kirombe agira, anenga abashinja u Rwanda gufasha uyu mutwe wa M23 .
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène , yasabye abagororwa bitegura gusubira mu buzima busanzwe kubwiza ukuri amateka ya Jenoside urubyiruko rurimo n’abana babo.
U Rwanda rwakiriyeitsinda ry’abaturage 314 babarizwaga mu miryango 101, batashye ku bushake,bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka