Inkuru Nshya

Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kuvuguruza abasebya u Rwanda, batanga amakuru y’ukuri
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana yasabye  abarangije mu Itorero Indangamirwa kuba bandebereho muri byose n’Urumuri rw’Urwanda rushya
NAEB yahembye ikawa 20 za mbere nziza zahize izindi mu mwaka wa 2025, binyuze mu irushanwa ngarukamwaka y’ubwiza buhebuje bw’ikawa y’u Rwanda
Abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC, bahize kwitwara neza mu mikino ya Pre‑Season, CECAFA Kagame Cup na CAF Champions League
Dj Maphorisa ukomoka muri Afurika y’Epfo wamenyekanye mu kuvanga imiziki by’umwihariko mu njyana ya ‘Amapiano’ ategerejwe i Kigali mu gitaramo cya Fuego Fest
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Murenge wa Ndera yataye muri yombi umugore witwa Ntakirutima Beatrice akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zinkorano zo mu bwoko bwa Liquer yise 'One Sip Gin'
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu miryango ya EAC na SADC bitabiriye inama idasanzwe yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC
Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko hakozwe amakosa mu kudashyira umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu biganiro by’amahoro bya Doha
AFC/M23 yarahiriye kwigiza kure ingabo za FARDC, ingabo z'u Burundi, FDNB n’imitwe yitwaje intwaro bikorana, nyuma yaho bigaragaye ko iri huriro ry'ingabo rimaze iminsi myinshi mu myiteguro yo kubarwanya