Inkuru Nshya

Minisitiri w'Umutekano, Hon. Vincent Biruta, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 66 Repubulika ya Madagascar imaze ibonye ubwigenge
Perezida Paul Kagame na Gen Ibingira Fred bagaragaje ubugwari bwa Private Kayumba Nyamwasa ku rugamba ndetse n'uyu munsi nta cyahindutse akomeje kugaragaza ubwo bugwara
Brig Gen Franco Rutagengwa, uyoboye Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni muri Repubulika ya Santarafurika, yasabye abasirikare ba RWABAT-2 gukomeza kurangwa n'ubunyamwuga, kubahiriza amabwiriza ya Loni no guhora biteguye kuzuza inshingano zabo
Hashize umwaka u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishyize umukono ku masezerano y’amahoro mu muhango wabereye i Washington, gusa ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC ntikigeze kireka kuba ingorabahizi
Perezida Kagame yongeye gushimangira ko amateka ashaririye u Rwanda rwanyuzemo atabaye ku bw’impanuka yibutsa ko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe by'igihe kirekire mbere yo gushyirwa mu bikorwa.
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko igihugu kidashobora kuba ingwate ku bantu bashaka ko amateka aba uko bayashaka cyangwa uko bashaka kuyumva.
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera bashimiwe uruhare n’umusanzu byabo mu iterambere ry’aka karere no mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage, bigaragaza ubudasa mu gucyero umurimo.
Raporo nshya y’Urwego rwigenga rukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro muri Afurika, Barometer of Peace Agreements in Africa (BAPA), igaragaza ko nyuma y’umwaka umwe hasinywe amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ishyirwa mu bikorwa ryayo rimaze kugera ku kigero cya 35%.