Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, kuri uyu wa mbere, yahagaritse mu mirimo umuvugizi w'igisirikare Général-major Sylvain Ekenge, kubera amagambo y'ivangura yavuze ku bwoko bw'abatutsi
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye ukwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ivuga ko ishyigiye ko iki gihugu cyarangwamo n' amahoro kandi amategeko mpuzamahanga nayo akubahirizwa.
Isiganwa ry’amagare rya 'Musanze Challenge 2025', ryarangiye ryegukanywe na Nkundabera Eric ukinira Les Amis Sportifs wegukanye intsinzi mu cyiciro cy’abagabo (Elite & U23) na Nyirarukundo Claudette wa Team Amani yitwaye neza akegukana intsinzi mu cyiciro cy’abagore
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga