Inteko Ishinga Amategeko yemeje ko mu mwaka wa 2026/2027, u Rwanda ruzakoresha ingengo y’imari ya miliyari 7.796,3 Frw, ikaziyongeraho miliyari 844,2 Frw ugereranyije na miliyari 6.952,1 Frw ziri mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.
Kuri uyu wa Kane ubwo hasuzumwaga ishingiro ry'umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta ya 2026/2027,Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko umwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27, uzibanda ku gushyiraho ingamba zo kongera umusaruro by'umwihariko mu buhinzi.
Mu mwaka wa 2025 Pariki ya Nyungwe yahuye n’ibibazo bibangamira urusobe rw’ibinyabuzima birimo kugongwa kw’inyamaswa bitewe n’umuvuduko w’ibinyabiziga biyinyuramo, ba rushimuzi n'ibindi.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga