Urwego rw’Umuvunyi ruvuga ko kuba hari ibibazo rwakira kandi hari izindi nzego za Leta zagombaga kuba zarabikemuye, bigaragaza ko abaturage baba batahawe serivisi bakeneye uko bikwiye.
Sosiyete ya RwandAir yegukanye igihembo cy’umwaka wa 2026 cy’indashyikirwa mu gutanga serivisi zitangirwa mu ndege ku mugabane wa Afurika, mu bihembo bizwi nka ‘APEX Best Awards 2026.’
Inteko Ishinga Amategeko yemeje ko mu mwaka wa 2026/2027, u Rwanda ruzakoresha ingengo y’imari ya miliyari 7.796,3 Frw, ikaziyongeraho miliyari 844,2 Frw ugereranyije na miliyari 6.952,1 Frw ziri mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga