Inkuru Nshya

Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) yatangije ku mugaragaro ikoranabuhanga rishya rya e-IDSR (Electronic Integrated Disease Surveillance and Response), rigamije kunoza uburyo igihugu gikurikirana kandi kigatanga amakuru ajyanye n’indwara z’ibyorezo.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko uruhare rw’umuturage mu bimukorerwa ndetse no kubazwa inshingano kw’abayobozi biri mu byafashije u Rwanda gutera intambwe igana ku iterambere.
Mu karere ka Kirehe, mu Mujyi wamaze kugirwa uwunganira umujyi wa Kigali, huzuye inzu mbera byombi, Gymnase’ n’Ikigo cy’urubyiruko byuzuye bitwaye  Miliyari 2.7 Frw.
Umuhanzi Weasel Manizo wamamaye mu itsinda rya Goodlife muri Uganda, yateye imitoma umugore we Teta Sandra ku munsi w'isabukuru ye y'amavuko.
Polisi y’Igihugu yatangaje ko yafashe abantu 11 bakekwaho ibikorwa by’ubujura aho  bategaga nijoro abaturage, bakabambura ibyabo.
Si rimwe Si kabiri uzumva batera urubwa abakobwa b’ibizungerezi ngo ntabwo bajya bamenya ibijyanye n’umupira ngo ndetse n’iyo bakoze agashya bakabimenya akenshi bafana amakipe abakunzi babo bafana.
Perezida wa Repubulika ihararanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi  yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’Iburasirazuba .
Icumbi ry’Ikigo cya IWE (Institute Women for Excellence cyigamo abanyeshuri 150 b’abakobwa gusa giherereye mu Karere ka Rwamagana, ryafashwe n’inkongi y’umuriro rirakongoka.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangiye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar aho yitabiriye inama ya kabiri yiga ku Iterambere ry’Abatuye Isi ‘World Summit for Social Development’.
Polisi y’Igihugu yatangaje ko imaze gufata abantu 11 bakekwaho ibikorwa by’ubujura bw’inka , bagiye bakora mu bihe bitandukanye mu mujyi wa Kigali .