Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) , gitangaza ko muri Nzeri 2025, ibiciro rusange byo mu nganda byazamutseho 13,5%, ugereranyije na Nzeri 2024.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly yatangaje ko ahakura amafaranga ndetse n'akazi akora bidakwiye kubera umutwaro ababyibaza.
Umuyobozi Mukuru Wa Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yatangaje ko gahunda ya Ndi Umunayrwanda yagize uruhare rukomeye mu komora ibikomeye by’Abanyarwanda no kongera kubaka igihugu .
Ingabo zo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, zigaruriye uduce turimo Luhago, Bwegerera, Irega na Katsoba duherereye muri teritware ya Kabare, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Imbuga nkoranyambaga zimaze guhindura cyane ubuzima bw’abatuye Isi, ntabwo bisaba kuba uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugirango umenye amakuru y’ibyamamare byaho