Inkuru Nshya

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa,ryageneye agahimbazamusyi ikipe ya Rayon Sports WFC, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa Cecafa iri kubera muri Kenya.
Rayon Sports yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, mu mukino w’umunsi wa Mbere wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, Rwanda Premier League ya 2025
Perezida w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yibukije abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bagiye koherezwa mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, ko bakwiye kurangwa n'umurava n'ikinyabupfura byaranze ababanjirije
Ubuyobozi bwa Nyandungu Urban Wetland Eco-Tourism Park bwatangaje ko guhera ku wa 15 Nzeri 2025, amasaha yo kwakira abasura iyi pariki aziyongera
Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Al Hilal SC yo muri Sudani ibitego 3-1, mu mukino wa wa ½ mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2025, ihita isezererwa
Polisi y’Igihugu , yaburiye abantu bose banywa inzoga, bakarenza urugero, ivuga ko bene iyo myitwarire idakwiriye.
Abasore n’inkumi ba Polisi y’Igihugu, basoje icyiciro cya 3/25 cy’amahugurwa y’Ibanze yihariye ahabwa abapolisi((Basic Police Special Forces Course).
U Rwanda ruri mu bihugu 142 byatoye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka