Inkuru Nshya

Imiryango n'inshuti za Karasira Aimable Uzaramba alias Prof. Nigga uheruka gutangazwa ko yitabye Imana ,umunsi wo kumuherekeza bwa nyuma wamenyekanye.
Ikigo United Capital Financial Services Rwanda Ltd cyahaye uruhushya Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) rwo gukora nka banki y’ishoramari ndetse ruhitamo u Rwanda nk’icyacaro cyayo muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati.
Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Rwanda
Umusore wo mu murenge wa Save mu karere ka Gisagara wakekwagaho gufata abagore ku ngufu, kwiba n'ibindi Polisi yamurashe arapfa
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu wageze i Kigali, aho yitabiriye inama ya Africa CEO Forum, itaganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyakoze impinduka mu masezerano yo kugurisha cyangwa gutanga ikinyabiziga nk’impano, aho hazajya hakoreshwa sisiteme y’iki kigo mu gukora amasezerano.
Polisi y’u Rwanda yashyikirije Hatangimana Jean de Dieu, amafaranga y’u Rwanda ibihumbi magana atanu (500,000 Frw)  yari yataye nyuma y’ibyumweru bibiri arangishwa.
Ubushinjacyaha bw'u Rwanda burarega abaganga batatu bakorera ku bitaro bya Nyanza icyaha cy'ubwicanyi buturutse ku bushake aho basiragije umubyeyi wari ugiye kubyara umwana agapfa,gusa abaregwa bahakana ibyo baregwa.
Ikigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025, mu irangamimerere handitswe abapfuye 39,355 akaba ari kimwe cya kabiri cy'abapfuye bingana na 50.5% bivuye kuri 46.1% byari ho mu mwaka wa 2024, aho byazamutseho 4.4%.