Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko gushora imari mu rwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere muri Afurika bikwiye gufatwa nk’amahirwe yo kwihutisha iterambere ry’umugabane, aho kuba umutwaro, kuko ari imwe mu nkingi zafasha ibihugu bya Afurika kwihuza no guteza imbere ubucuruzi n’ishoramari