Inkuru Nshya

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuzima, Dr Yvan Butera, yavuze ko mu myaka ine ishize, mu Rwanda hamaze kuvurirwa abarwayi 1100 b’umutima bidasabye ko boherezwa hanze
Ikigo cy’Igihugu kibarurishamibare cyatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2026 umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ukagera kuri miliyari 6,346 Frw, uvuye kuri miliyari 5,276 Frw wari ho mu gihembwe nk’icyo cya 2025, bigaragaza izamuka rya 10%.
Perezida Faure Essozimna Gnassingbé yashimiye umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ndetse n’uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Olusegun Obasanjo, ku mbaraga bakomeje gushyira mu kuba Abanyafurika bakunga ubumwe mu rugendo rwo guharanira ko uyu mugabane utera imbere.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yibukije abayobozi b’inzego z’ibanze mu Turere no mu Mujyi wa Kigali ko inshingano yabo ya mbere ari ugukorera abaturage no kubashyira imbere, ashimangira ko abakozi n’abayobozi badatanga serivisi nziza bagomba kubibazwa
Ambasaderi Christine Nkulikiyinka yahererekanyije ububasha na Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo, Judith Uwizeye, wamusimbuye kuri uyu mwanya
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda ifatanyije n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, batangije ibikorwa byo kumva ibitekerezo by’Abanyarwanda ku ngingo zizagenderwaho mu gushiraho Itegeko Nshinga rigena ukwihuza kw’ibihugu bigize uyu Muryango.
Abantu batandatu bo mu Kagari ka Arusha, mu Murenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, bapfuye mu buryo butunguranye, bikekwa ko bazize inzoga itemewe yo mu bwoko bwa Kanyanga izwi nka “Rubenge”
Leta ya Israel yafashe icyemezo cyo kuvana u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite abaturage babujijwe kwinjira muri Israel by’agateganyo kubera Icyorezo cya Ebola
Ambasaderi Urujeni Bakuramutsa yashyikirije Perezida wa Slovenia, Nataša Pirc Musar, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo Gihugu.
Kuri uwo munsi mu ijoro nibwo Ingabo za FPR Inkotanyi zarokoye Abatutsi ibihumbi bibiri bari bihishe muri Saint Paul. Icyo gikorwa cyakurikiwe n’uburakari bukabije bw’interahamwe zica umubare munini w’Abatutsi bari barahungiye mu nzu za kiriziya ya Sainte Famille.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka