Inkuru Nshya

Minisiteri y’Uburezi, ibinyujije mu kigo gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), yatangaje gahunda y’uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira ku mashuri mu gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2025/2026.
Umunyamakurukazi Evelyn Umurerwa ukorera RBA, yagaragaje intimba aterwa na Musaza we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ahishura ko amukunda cyane
Guverineri w’Intara ya Kivu y’amajyaruguru ku ruhande rwa AFC/M23, Bahati Musanga Erasto, yashyizeho ubuyobozi bushya bw’umujyi wa Goma, aho Ngabo Désiré Kisuba yagizwe Meya w’umujyi, asimbuye Julien Katembo Ndalieni, wahise ajyanwa mu nshingano nshya zo kuyobora Teritwari ya Lubero.
Umuyobozi w'Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda akaba n'Umuvugizi wa Forum y'amashyaka yose yo mu Rwanda, Dr. Frank Habineza, yasubije abavuga ko Umuryango wa RPF-Inkotanyi ukandamiza amashyaka yo mu Rwanda avuga ko ari ugusebya igihugu
Muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda  1994, hari Abatutsi benshi bishwe bajugunywa mu nzuzi n’imigezi itandukanye mu Rwanda, ibatembana iberekeza mu kiyaga cya Victoria gikora ku bihugu by’ibituranyi birimo Uganda.
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahekuye u Rwanda itwara ubuzima bw'abarenga miliyoni imwe barimo n'abari bakunzwe mu ruganda rw'ubuhanzi n'imikino
Mu Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, bakoze igikorwa cyo kwibuka abatutsi bishwe bakajugunywa mu migezi n’inzuzi zitandukanye zo mu Rwnada, zabatembanye ziberekeza mu kiyaga cya Victoria cyo muri iki gihugu.
Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yatangaje ko u Rwanda rutazigera ruhagarika gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakomeje kwidegembya mu bihugu by’amahanga
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda (NISR), cyatangaje ko ibiciro by’ibicuruzwa n’ibikenerwa mu buzima bwa buri munsi bikomeje kuzamuka mu mezi atatu ya mbere y’umwaka wa 2026.
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mata 2026 yageneye ubutumwa Se wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.