ngabo z'u Rwanda ziri bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu mujyi wa Bria muri Centrafrique, ku wa 7 Mutarama 2026, zambitswe imidali na Loni, mu rwego rwo kubashimira ubwitange mu kubungabunga amahoro muri icyo gihugu.
Abanye-congo baba mu Rwanda batangaje ko bashenguwe n’amagambo y'urwango aherutse gutangazwa n’umuvugizi w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen. Maj. Sylvain Ekenge, atesha agaciro abagore bo mu bwoko bw'Abatutsi bakomoka muri icyo gihugu
Minisiteri y' Ubuhinzi n'Ubworozi, yatangaje ko umusaruro w’amafi avuye mu bworozi bwo mu mazi n'uburobyi wageze kuri toni 52.439 mu mwaka wa 2025 uvuye ku zirenga 48.133 mu 2024.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga