Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 2-6 Werurwe 2026, byinjije arenga miliyoni 10$ (arenga miliyari 14,6 Frw).
Abayobozi b’Ihuriro rya AFC/M23 batangaje ko ibitero leta ya Kinshasa ikomeje kubagabaho ari ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bidakwiye gukomeza kwihanganirwa, by'umwihariko bikorwa mu gihe impande zihanganye zari zumvikanye ku kubahiriza agahenge
Mu Rwanda hateraniye inama y’iminsi itatu yo gusuzuma aho gahunda yo gukoresha mu buryo buhuriweho inganda za gisirikare igeze ishyirwa mu bikorwa.
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’imari, ashimangira ko gutanga serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga byabaye umusingi w’iterambere mu rwego rw'ubukungu
Abashyira imbere ubutegetsi bavuga ko butuma umuntu agira uburenganzira bwo gushyiraho amategeko, kugena politiki n’imirongo ngenderwaho mu gihe ubutunzi ngo butanga imbaraga zihuse ariko zitaramba kuko amateka atakugira umunyabigwi.
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, zagabye ibitero bya by'ifashishijwe indege zitagira abapilote zizwi nka drone mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bihitana Umunyafaransa wakoreraga ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF
U Rwanda ruzakira amarushanwa 4 muri 6 ateganyijwe mu ngengabihe y’ibikorwa bya CECAFA mu mwaka wa 2026.
Mu rwego rwo kuvugurura no kubaka mu buryo buhamye ikipe y'igihugu Amavubi, ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA, rikomeje intambwe y'ibiganiro n'abakinnyi bari hirya no hino cyane cyane ku mugabane w'uburayi bafite inkomoko mu Rwanda ngo harebwe niba bakinira Amavubi.
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB, rwataye muri yombi umuyobozi ushinzwe amasomo (Prefet des études) ku ishuri ryo mu karere ka Nyanza, akurikiranyweho kwigwizaho imitungo ya rubanda
Agasaro Nadia Farid Ishmael washakanye n’umuraperi Riderman, yamuteye imitoma ku munsi w'isabukuru y'amavuka, amwibutsa ko ari umugabo udasanzwe mu buzima bwe