Inkuru Nshya

Itsinda ry’Impuguke rigize urwego rw’ubugenzuzi bwa IAEA buzwi nka Integrated Nuclear Infrastructure Review Mission for Research Reactors (INIR-RR), ryemereye u Rwanda gukomeza mu bindi byiciro bisigaye kugira ngo rwubake ikigo cy’ubushakashatsi no gukora imiti byifashisha ikoranabuhanga ry’ingufu za nucléaire.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Nyakanga 2026 ikipe ya Vipers SC yo muri Uganda yageze mu Rwanda aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026.
Ubushakashatsi bwakozwe na  National Institutes of Health (NIH) bugaragaza ko gutura mu mijyi yiganjemo ubucucike byongera ibyago byo kurwara stroke ku kigero kiri hagati ya 20% na 70% ugereranyije n’abatuye mu bice by’icyaro.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yagaragaje ko Afurika ikwiye kongera imbaraga mu ishoramari ry’ubuzima, guteza imbere ubwisungane mu kwivuza no gushyira imbaraga mu kwikorera imiti n’inkingo.
Perezida wa Santarafurika, Faustin Archange Touadéra, yambitse imidari y’ishimwe Abasirikare b'u Rwanda bagize RWANBATT-15 bari mu butumwa bw'Umuryango w'Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santarafurika.
Inteko Rusange y'Umutwe w'Abadepite yatoye amategeko ajyanye no kwemeza burundu amasezerano yerekeye impano n'inguzanyo agamije guteza imbere inzego zitandukanye zirimo ubuvuzi, ubuhinzi, kurwanya ibyorezo no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Perezida Paul Kagame yakiriye Belén Calvo Uyarra, usoje inshingano zo kuba  Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi EU, mu Rwanda.
Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto (Miss Photogenic) muri Miss Rwanda 2019 yerekanye imodoka nshya yaguze ya ‘Mercedes-Benz GLC 300’ ifite n’icyapa kiranga ikinyabiziga (Plaque) cyiri mu izina rye ‘Muyango’.
Sosiyete y’Ubwikorezi bwo mu Kirere ikorera muri Oman, SalamAir, yatangiye ku mugaragaro ingendo zayo zerekeza i Kigali mu Rwanda,  zitezweho kwagura imigenderanire hagati y’ibihugu byombi, guteza imbere ubukerarugendo, ubucuruzi n’ishoramari.
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko imirimo yo kubaka uruganda rwitezweho gukemura ikibazo cy’ibura ry’amazi mu Mirenge imwe n’imwe igize Akarere ka Karongi yageze ku musozo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka