Inkuru Nshya

Mu Karere ka Nyamagabe hizihirijwe umunsi mpuzamahanga w'ingo mbonezamikurire z'abana bato (ECD) hashimwa uruhare rwazo mu mu kugabanya igwingira mu bana bato
Mu Karere ka Nyagatare hatangijwe gahunda yo kuvugurura amakusanyirizo y’amata, mu rwego rwo kongera ubuziranenge bw’amata, aho amenshi muri yo yari amaze gusaza atakijyanye n’ibipimo bisabwa mu kubungabunga amata.
Mu murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu hagiye kuzura inzu 870 zigenewe gutuzwamo imiryango yo mu mirenge itandukanye y’aka karere yasenyewe n’ibiza mu 2023.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kongerera amasezerano ba myugariro babiri bo ku mpande mu gihe batatu mu bo hagati bayisanzwemo iteganya kubarekura.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kuba kuri ubu umubano w’u Rwanda n’u Burundi udahagaze neza atari ikosa ry’u Rwanda ahubwo ko biterwa n’ubuyobozi bw’iki gihugu burangajwe imbere na Perezida Ndayishimiye.
Guverinoma ya Kambanda yakomeje gushaka uburyo bwo guha abaturage imbunda n’ibindi bikoresho byo kwifashisha mu kwihutisha Jenoside, ifata icyemezo cyo gutegeka abacuruzi kugura imbunda zabo bwite bakoresha mu bwicanyi n’izo bagurira abaturanyi. Byari mu mugambi wa Jenoside utihishiriye kandi Guverinoma niyo yabaga iwuyoboye.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko kuba umubano w’u Rwanda na Congo utazahuka biterwa n’impamvu zitandukanye zirimo izishingiye ku mateka y’ibihugu byombi ndetse n’izishingiye ku Banye-Congo ubwabo
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro ku masoko byiyongereyeho 12,9% muri Gicurasi 2026 ugereranyije n’ukwezi nk’uko muri 2025, kivuye kuri 13% cyariho muri Mata 2026.
Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha mu bujurire Umunyarwanda Dr. Eugène Rwamucyo, wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 27 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byibasiye inyokomuntu ndetse n’uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka