Inkuru Nshya

Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yagaragaje ko bitashoboka ko abanyarwanda bunga ubumwe batabanje kumenya amateka y’icyatumye busenyuka n’abagize uruhare mu kubusenya.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana ku barokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda bagabweho ibitero benshi bakwicwa.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yishimiye intsinzi ya Ismail Omar Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yatangaje ko yishimiye kuba Ismaïl Omar Guelleh yatorewe kongera kuyobora Djibouti.
Kuri uyu wa 12 Mata 2026 Polisi y’Igihugu yatangaje ko iri gukora iperereza kuri mudasobwa ‘Laptop’ zibwe ku Kigo Nderabuzima cya Buyoga mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru.
Muteteri Beatha warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyanza ya Kicukiro yagaragaje amateka ashariye atazigera amuva mu mutwe ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga tariki 7 Mata 1994.
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirashinja Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gukoresha imbaraga za gisirikare, zirimo n’indege zitagira abapilote drones mu kurasa abaturage batuye mu bice bya Minembwe, mu ntara ya Kivu y’amajyepfo
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n'ubworozi, NAEB, cyatangaje ko u Rwanda rwitabiriye imurikagurisha ry’ikawa ryiswe ‘World of Coffee San Diego’ riri kubera i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.