Urugaga rw’Ababaruramari b’Umwuga mu Rwanda (ICPAR), rwatangaje ko ku nshuro ya gatatu rugiye guhemba ibigo, inzego n’abantu ku giti cyabo bitwaye neza mu kuzuza raporo zikubiyemo amakuru ajyanye n’ibaruramari mu mwaka washize
Tariki ya 15 Kanama buri mwaka, Abakirisitu Gatorika bizihiza Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya by’umwihariko mu Rwanda, kuri iyi tariki bazirikana amabonekerwa ya Bikira Mariya wiyeretse abakobwa batatu i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi, basobanurirwa amateka u Rwanda rwanyuzemo
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31