Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Gashyantare 2026, yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC),Veronica M. Nduva uri i Kigali mu nama yateguwe n’uyu muryango .
Inama ya karindwi y’Abayobozi b’Ingabo z' u Rwanda n' iza Uganda bakorera ku mipaka ihuza ibihugu byombi, yasojwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Gashyantare 2026, hafatwa ingamba zo gucunga imipaka hagamijwe kurwanya ibyaha bihakorerwa.
Umuryango w'Abayisilamu mu Rwanda wasinyanye amasezerano y'Imikoranire n'Umuryango Mpuzamahanga w’Abayisilamu ku Isi, Muslim World League, aho uyu muryango mpuzamahanga uzajya utera inkunga ibikorwa birimo no kubaka imisigiti ijyanye n'icyerekezo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko bigoye ko U Burundi bwagira uruhare mu buhuza mu kibazo cya RDCongo nyuma yuko iki gihugu gitorewe kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Senateri Steve Daines wa Leta ya Montana, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasuye ibirombe by'uruganda Nyarwanda rwa Trinity Metals, bicukurwamo amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Wolfram
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga