Inkuru Nshya

Polisi y’u Rwanda (RNP) yakiriye itsinda ry’abapolisi bavuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, aho bari bamaze umwaka.
Umuhanga mu bya siyansi mu bijyanye n’imitekereze, Robert O. Duncan, avuga ko kurota bifasha umuntu kuyungurura amarangamutima nibyo yanyuzemo umunsi wose ndetse bigacubya uburakari yagize.
Umuhanzi Yvan Muziki yatangaje ko igitaramo ari gutegura cyo kumurika album ye ya mbere yahuje n'umunsi w'abakunda 'Saint Valantin', ari icyimenyetso cy'uko agarutse mu muziki mu buryo bwuzuye
Abahinzi b'umuceri bo mu Murenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi barishimira ko bagiye guhambwa indishyi nyuma yuko imvura nyinshi yangije hegitare 80 z'umuceri bari barahinze
Urwego rw'Igihugu rw'Abanyamakuru bigenzura RMC rwihanangirije ibinyamakuru birimo SK FM na ISIBO kubera imyitwarire ihabanye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru ikomeje kugaragara mu biganiro bya siporo bitambutswa kuri izi radiyo.
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw, iva kuri miliyari 7,032,5 Frw ikagera kuri miliyari 6,952,1 Frw.
Umugabo wo mu karere ka Rwamagana, yatawe muri yombi akurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rw'umugore we w'imyaka 28 n'umwana we w'imyaka itatu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko igihuza u Rwanda n’ihuriro rya AFC/M23 ari umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kandi ukaba ugifite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda
Amb. w’u Rwanda muri Kenya, Erneste Rwamucyo, yashimye uruhare Kaminuza ya Mount Kenya yagize mu guteza imbere uburezi mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka